Overblog
Editer la page Suivre ce blog Administration + Créer mon blog
TAKE CARE AND FIND THE INTREST

WELCOME TO THIS WEB PAGE

tumenye aho igihugu kigeze

Abafite amazu mu Mujyi wa MURINDI barasabwa kuyasiga irangi risa
IBYO BABISABWE MU NAMA YAHUJE ABACURUZI BACURURIZA
Muhanga:Abatagendana ibyangombwa bibaranga baraburiwe
Nyuma y’aho inama y’umutekano yahuje bamwe mu baturage, abacuruzi, inzego zishinzwe umutekano n’ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, bugasaba ko buri wese yahagurukira ikibazo cy’umutekano wari umaze iminsi uhungabanywa na bamwe mu bagizi ba nabi, Izuba Rirashe ryegereye bamwe mu bayitabiriye batangaza ko abagifite umuco wo kutagendana ibyangombwa bakwiye kuwureka, abatabifite bakihutira kubishaka.[more]
Ruhango:Ubuyobozi bwahagurukiye imyitwarire mibi ya ba lokodifensi
Nyuma y’uko umulokodifensi (local defense) ahohoteye umuntu mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo akanamukomeretsa ku buryo bukomeye, inzego zishinzwe umutekano ziratangaza ko zigiye guhagurukira imyifatire mibi ya bamwe muri abo ba lokodifensi.[more]
I Susa: Batashye amazu yubakiwe abavuye ku rugerero

Mu Mudugudu wa Susa ho mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, ku wa 12 Werurwe 2010 habereye umuhango wo gutaha amazu yubakiwe abavuye ku rugerero 17. Uwo muhango witabiriwe n’abahagarariye Ubuyobozi bw’Intara, ubw’Umurenge, ubw’Ingabo, ubw’Akarere ndetse na Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe Ingabo zavuye ku rugerero, bose bagarutse ku gushimangira imibanire myiza n’abaturage baturanye mu Midugudu bagafata neza ayo mazu.

[more]
Partager cette page
Repost0
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :